Urwandiko mbwirwabose Ukuboza 2009

Gusoza umwaka wa 2009 no guhanga amaso uwa 2010

« »

Mwami kandi mucunguzi mukundwa,

Ibuka Isezerano ryawe wagiranye natwe,

Ibuka amaraso wamennye ku bwacu,

Ibuka amasezerano waduhaye,

Wibuke kuyasohoza kugira ngo uduhe ubugingo.

Twamaze kugera mu gihe kiruta ibindi mu mateka y’isi n’amateka y’agakiza. Umuhanuzi Danieri yarabwirijwe ati: “Nuko Danieri, aya magambo uyagire ibanga, bumba igitabo ugifatanishe ikimenyetso kugeza ku gihe cy’imperuka. Benshi bazagisoma kandi ubwenge buzagwira” (Dan.12:4).

Igihe cy’imperuka n’iki kandi igitabo cyari gifatanijwe cyarafunguwe.

Intumwa Yohana yarabihamirije naho twebwe tubirimo: “hahirwa usoma n’abumva amagambo y’ubuhanuzi, kandi bakitondera ibiyanditswemo! Kuko igihe kiri bugufi” (Ibyah.3:1).

Wirira, dore Intare yo mu muryango wa Yuda, ishami rya Dawudi, yaranesheje kugira ngo abumbure igitabo n’ibimenyetso byacyo birindwi” (Ibya.5:5).

Dore ndaza vuba, hahirwa uwitondera amagambo y’ubuhanuzi ari muri iki gitabo!” (Ibyah. 22:7).

Umwuka n’Umugeni baravuga bati: Ngwino, Kandi uwunva agire ati:Ngwino. Kandi ufite inyota aze, ushaka ni yende ku mazi y’ubugingo, ku buntu” (Ibyah.22:17).

Uhamya ibyo aragira ati: yego, ndaza vuba. Amina! Ngwino mwami Yesu!” (Ibyah.22:20).

Mwami kandi mucunguzi mukundwa, 

Ibuka Isezerano ryawe wagiranye natwe, 

Ibuka amaraso wamennye ku bwacu, 

Ibuka amasezerano waduhaye,

Wibuke kuyasohoza kugira ngo uduhe ubugingo.

Twamaze kugera mu gihe kiruta ibindi mu mateka y’isi n’amateka y’agakiza. Umuhanuzi Danieri yarabwirijwe ati: “Nuko Danieri, aya magambo uyagire ibanga, bumba igitabo ugifatanishe ikimenyetso kugeza ku gihe cy’imperuka. Benshi bazagisoma kandi ubwenge buzagwira” (Dan.12:4).

Igihe cy’imperuka n’iki kandi igitabo cyari gifatanijwe cyarafunguwe.

Intumwa Yohana yarabihamirije naho twebwe tubirimo: “hahirwa usoma n’abumva amagambo y’ubuhanuzi, kandi bakitondera ibiyanditswemo! Kuko igihe kiri bugufi” (Ibyah.3:1).

Wirira, dore Intare yo mu muryango wa Yuda, ishami rya Dawudi, yaranesheje kugira ngo abumbure igitabo n’ibimenyetso byacyo birindwi” (Ibya.5:5).

Dore ndaza vuba, hahirwa uwitondera amagambo y’ubuhanuzi ari muri iki gitabo!” (Ibyah. 22:7).

Umwuka n’Umugeni baravuga bati: Ngwino, Kandi uwunva agire ati:Ngwino. Kandi ufite inyota aze, ushaka ni yende ku mazi y’ubugingo, ku buntu” (Ibyah.22:17).

Uhamya ibyo aragira ati: yego, ndaza vuba. Amina! Ngwino mwami Yesu!” (Ibyah.22:20).